• Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
  • English
Iwacu Times Magazine
Jumatatu, Septemba 15, 2025
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
sw Kinyarwanda en English
Home ENG-S

RWANDA DAY 2024: ABANYARWANDA BATUYE MURI AMERICA MU MYITEGURO YO KWAKIRA RWANDA DAY 2024 MURI WASHINGTON DC

Sebahire Sunday Sevelin by Sebahire Sunday Sevelin
Novemba 27, 2023
in ENG-S
2
RWANDA DAY 2024: ABANYARWANDA BATUYE MURI AMERICA MU MYITEGURO YO KWAKIRA RWANDA DAY 2024 MURI WASHINGTON DC
0
SHARES
9
VIEWS
Amafoto ya Rwanda yabereye i Bonn -Germany 2019

Inkuru dukesha Igihe.com , Rwanda Day itaha izabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Washington DC muri Gashyantare 2024 taliki ya 02-03.

Yaherukaga kuba mu 2019 mu Mujyi wa Bonn mu Budage ubwo yari yitabiriwe n’Abanyarwanda baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’u Burayi ndetse nabandi bari bavuye mu Rwanda.
Ni umunsi umaze kumenyerwa nk’uhuza Abanyarwanda bo mu gihugu, ababa mu mahanga n’inshuti z’u Rwanda, bagahuzwa n’intego imwe yo kuganira ku cyarushaho guteza imbere igihugu cyabo.

Rwanda day yambere yabaye mumwaka wa 2010 ndetse imaze kuba inshuro 10.Rwanda day kandi twavuga ko imaze kubera mu mijyi itandukanye guhera mu 2010 harimo nka Bruxelles, Chicago, Paris, Boston, Londres, Toronto, Atlanta, Dallas, Amsterdam, San Francisco, Ghent na Bonn.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika, Mathilde Mukantabana, Ubwo yari muri Canada mu Ihuriro ry’Urubyiruko rwo muri Diaspora,yararitse Abanyarwanda kuzitabira uwo munsi udasanzwe uzaba umwaka utaka 2024.

Amafoto ya Rwanda yabereye i Bonn -Germany 2019

Muri Rwanda Day iheruka, Perezida Paul Kagame yatanze impanuro zitandukanye ku banyarwanda, abibutsa ko ari inshingano zabo gukunda igihugu, bakagitera ingabo mu bitugu kugira ngo kidahagarara mu rugendo rugana imbere. Ati “Tugenda nk’indege, n’imiyaga iduturutse imbere ikadusunika, tuyinyuramo tukagenda. Hari n’iduturuka inyuma idusunika, ni mwebwe. Ni mwe musunika u Rwanda mwanga ko hari ikirubuza gukomeza.”

Umukuru w’Igihugu Paul Kagame i Bonn -Germany 2019

“Igikenewe ni uguhora twongera imbaraga zisunika indege yacu, twebwe, kugira ngo bitaba kugera aho tujya gusa, ahubwo tuhagere mu gihe gito.’’
Yavuze kandi ko abanenga Rwanda Day, ari abatazi igisobanuro cyayo. Ati “Ejo nahoze nsoma abantu bandika, mbese harimo no kunenga Rwanda Day. Ngo buriya ni Politiki yo kugerageza gushaka imbaraga mu Banyarwanda, kubikundishaho, ariko njye nshakisha ikinegu kirimo ndakibura, kubera ko njye nari nziko ari uko bigenda.”

Amafoto ya Rwanda yabereye i Bonn -Germany 2019


Previous Post

EU: Nti bizongera gusaba ko uhaba imbonankubone: Viza zijya mu bihugu bigize Schengen zigiye kujya zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Next Post

AMAHIRWE Y’AKAZI KUBIFUZA GUKORERA MURI NORUVEJE (NORWAY ) 2023/2024

Next Post
AMAHIRWE Y’AKAZI KUBIFUZA GUKORERA MURI NORUVEJE (NORWAY ) 2023/2024

AMAHIRWE Y'AKAZI KUBIFUZA GUKORERA MURI NORUVEJE (NORWAY ) 2023/2024

Comments 2

  1. Samuel says:
    2 miaka ago

    ABIFUZA kwitabira Rwanda Day biyandikisha he?

    Jibu
  2. Kirabo Vanessa says:
    2 miaka ago

    Yes it’s great

    Jibu

Toa majibu kwa Kirabo Vanessa Ghairi kujibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *

Browse by Category

  • Ahabanza
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • Umuco
  • Video
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.