ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Sunday, June 15, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

Akanyamuneza ni kose muri Poznań:Muri Polonye abanyarwanda bahatuye barivuga imyato ” Ubuyobozi bwegerejwe abaturage”

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
November 20, 2022
5
10
VIEWS

Abanyarwanda batuye muri Polonye mu mujyi wa Poznań akanyamuneza ni kose! Baragira bati: “Warakoze Perezida wacu Kagame kuduha Ambasade hano muri Polonye’’

Ni mugihe abanyarwanda batuye mu mujyi witwa Poznań uherereye mu burengerazuba bishimira serivisi zindashyikirwa bahabwa na Ambasade y’u Rwanda muri Polonye.

Ni igikorwa Ambassade ifatanyije n’abanyarwanda batuye muri polonye bateguye kandi bagashyira mubikorwa ”Ubuyobozi bwegereye abaturage”.

Ni igikorwa cyo kuzenguruka igihugu cyose bagahura n’abanyarwanda bahatuye b’ingeri zose yaba abanyeshuri ndetse n’abakozi bakaganira kungingo nyinshi zitandukanye zakomeza guteza imbere imibereho yabo bwite ndetse n’igihugu cyabo muri rusange.

Ubuyobozi bwa Ambasade bwatubwiye bimwe mubyo bibandaho ndetse n’impamvu batekereje iki gikorwa. Ibyo birimo :

Gutanga serivisi za Passport , Indangamuntu ( Passport and Identity card application) yaba kubazitaye cg abo passport zabo zarangiye.

Serivisi za Noteri(Notary Service) , Gutanga ububasha bwo guhagararirwa nundi mugikorwa icyaricyo cyose ( Power of Attorney) ndetse nizindi serivisi zitandukanye zikenerwa.

Ubuyobozi bwa Ambasade bwatubwiye ko banarebera hamwe abafite ibibazo bireba ubuyobizi bw’icyo gihugu bakabafasha kubakorera ubuvugizi mu nzengo zibishinzwe bigakemuka.

Twaganiriye na Vice Chairperson wa Diaspora yo muri Poland Ngarambe Armand akaba ari umukozi atubwira kubufatanye bwiza hagati ya Ambasade ndetse n’abanyarwanda batuye muri icyo gihugu.

NGARAMBE Armand / RCA – POLAND Vice Chairperson

Yatangiye ashimira nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuba yarabahaye Amabasede ndetse nabayobozi
kuko mbere byarabagoraga kubona serivise cyane ko byabasabaga kujya mu Budage kuko ariho hari Ambasade, yanaboneyeho umwanya wo gushimira Ambasade y’u Rwanda mu Budage uburyo yababaga hafi umunsi k’uwundi nambere y’uko hatangira Ambasade muri polonye.

Yagize ati: “twebwe nk’abayobozi bahagarariye abanyarwanda tuganira ndetse tukagisha inama zitandukanye Ambasade yacu ,tukayereka aho dukeneye ubufasha muri sosiyete y’abanyarwanda batuye muri iki gihigu hanyuma nayo ikadufasha kandi ikanabishyira mu bikorwa”.

Umwe mubanyeshuri bari kwiga PhD batuye mumujyi wa Poznań
Abahawe serivise akanyamuneza nikose!

Inkuru yanditswe na S Sunday Séverin

Chief Editor : Rebe Birere Immaculee

Previous Post

Rwanda in Kenya: Tribute to World War veterans in Kenya

Next Post

Abanyarwanda batuye Lublin ni isomo kuri twese: Polonye abanyarwanda batuye mumujyi wa Lublin bafite umwihariko.

Related Posts

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw
Culture

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw

by Rebe N. Immaculee
May 15, 2025
Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK
ENG-S

Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK

by Rebe N. Immaculee
April 18, 2025
Country News

Ambassador Shyaka at Kwibuka31: Honoring the Past, Defending Rwanda’s Right to Shape Its Future

by KURAMA Pius
April 9, 2025
Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm
Culture

Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm

by Rebe N. Immaculee
March 7, 2025
Heartbreak and Unity: Rwandan Diaspora Unites to Seek Justice After the Tragic Deaths of Nicole and Erixon
ENG-S

Heartbreak and Unity: Rwandan Diaspora Unites to Seek Justice After the Tragic Deaths of Nicole and Erixon

by Rebe N. Immaculee
November 15, 2024
Next Post
Abanyarwanda batuye Lublin ni isomo kuri twese: Polonye abanyarwanda batuye mumujyi wa Lublin bafite umwihariko.

Abanyarwanda batuye Lublin ni isomo kuri twese: Polonye abanyarwanda batuye mumujyi wa Lublin bafite umwihariko.

Comments 5

  1. Kirayi says:
    3 years ago

    Courage Birere

    Reply
  2. Vanson says:
    3 years ago

    Nyakubahwa Perezida P.K yarakoze rwose kubegereza ubuyobozi. Abanyarwanda bo muri Poland ntimukivunika mujya mu Budage. Service zose zarabegereye.

    Reply
  3. JPN says:
    3 years ago

    Mbega byiza…. Iwacu Times mwabaga he koko?
    Jye ni ubwa mbere nsomye article yanyu.
    Mukomereze aho….

    Reply
  4. niyonsaba Eric says:
    3 years ago

    rwose ndumva igihugu cyacu gikomeje kwegereza abaturage ubuyobozi ndetse na service. nziza

    Reply
  5. Mugisha Peter says:
    3 years ago

    Nukuri ndumwe mubatuye Bydgoszcz mubahawe service nziza cyane nubuyobozi bwa embassy y’Urwanda muri Poland turabashimira cyane

    Reply

Leave a Reply to niyonsaba Eric Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

USA: SITE Z’ITORA ZARONGEREWE MU KOROHEREZA ABANYARWANDA KUZATORA NEZA

USA: SITE Z’ITORA ZARONGEREWE MU KOROHEREZA ABANYARWANDA KUZATORA NEZA

August 1, 2024
AMAHIRWE Y’AKAZI KUBIFUZA GUKORERA MURI NORUVEJE (NORWAY ) 2023/2024

AMAHIRWE Y’AKAZI KUBIFUZA GUKORERA MURI NORUVEJE (NORWAY ) 2023/2024

August 1, 2024
France: RwandAir mubyerekezo byagura imbibi zayo mu burayi.

France: RwandAir mubyerekezo byagura imbibi zayo mu burayi.

June 28, 2023

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.