ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Saturday, June 14, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

UMUKWABU K’UMUPAKA WA POLONYE N’UBUDAGE :  U BUDAGE BWONGEREYE IGIHE CYO GUKAZA INGAMBA ZO KUGENZURA ABINJIRA KU MIPAKA MU BURYO BUTEMEWE N’AMATEGEKO

Rebe N. Immaculee by Rebe N. Immaculee
July 24, 2024
0
10
VIEWS

Mu kwezi kwa cumi nibwo igihugu cy’Ubudage cyatangije gahunda yo gukaza ingamba zo kugenzura abantu binjira muri iki gihugu banyuze ku mipaka igihuza n’ibihugu nka Polonye(Poland),  Repubulika ya Ceki(Czeck Republic), ndetse n’Ubusuwisi(Switzerland). Izi ngamba zikaba zarafashwe bitewe n’umubare mwimshi w’abimukira binjira mu Burayi ariko cyane cyane bashaka kujya mu gihugu cy’u Budage mu buryo butemewe n’amategeko.

Kuri uyu wagatanu Minisitiri w’imbere mu gihugu w’u Budage( Interior Minister), Nancy Faeser  yatangaje ko izi ngamba zo kugenzura iyi mipaka zongerewe igihe kingana n’amezi abiri.

Faeser aganira n’ikinyamakuru Rheinische Post yatangaje ko izi ngamba zari ziteganijwe kurangira ku ya 15 Ukuboza zizakomeza kugeza nibura muri Gashyantare umwaka utaha wa 2024.

Nubwo ibi bihugu uko ari bine biri mu bigize akarere ka Schengen bikaba byemerewe ingendo zidasaba Viza hagati yabyo, ibihgu byo muri aka gace bigenda bishiraho ingamba zo kugenzura imipaka mu rwego rwo kubuza urujya n’uruza rw’impunzi zijya muri aka gace ka Schengen.

Minisiteri y’imbere mu gihugu mu Budage yavuze ko kuva izi ngamba zashyirwaho mu kwezi k’ Ukwakira, hamenyekanye abinjiye mu buryo butemewe n’amategeko bagera kuri 9,200, abandi bagera kuri 4,370 bakaba barabujijwe kwinjira.

Muri iki gihe cy’amezi abiri uyu mukwabu umaze utangiye, nta mu munyarwanda mu bagize umuryango wa RCA-Poland wari wafatwa. Iki ni kimwe mu bigaragaza ko abanyarwanda barangwa n’imyitwarire myiza aho bajya hose ndetse no gukurikiza inama bagirwa n’abayobozi.

Ni kenshi humvikana abayobozi batandukanye bashishikariza abanyarwanda batuye hanze y’u Rwanda gukomeza kurangwa n’indangaciro z’umuco wacu ndetse no kwita cyane ku biba byarabajyanye muri ibyo bihugu, yaba amasomo cyangwa se akazi. Ibi bikaba bigaragaza ko abayobozi bacu badata inyuma ya huye.

Previous Post

RWANDA TAKES CENTER STAGE AT SHOM INTERNATIONAL CHARITY BAZAAR IN POLAND

Next Post

“RWANDA’S PATH TO PROGRESS: PRESIDENT KAGAME’S LEADERSHIP AND TRANSFORMATIVE ACHIEVEMENTS SET THE STAGE FOR 2024 ELECTIONS”

Related Posts

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw
Culture

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw

by Rebe N. Immaculee
May 15, 2025
Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK
ENG-S

Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK

by Rebe N. Immaculee
April 18, 2025
Country News

Ambassador Shyaka at Kwibuka31: Honoring the Past, Defending Rwanda’s Right to Shape Its Future

by KURAMA Pius
April 9, 2025
Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore
Ahabanza

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore

by Kagame FAHADI
March 11, 2025
Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm
Culture

Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm

by Rebe N. Immaculee
March 7, 2025
Next Post
“RWANDA’S PATH TO PROGRESS: PRESIDENT KAGAME’S LEADERSHIP AND TRANSFORMATIVE ACHIEVEMENTS SET THE STAGE FOR 2024 ELECTIONS”

"RWANDA'S PATH TO PROGRESS: PRESIDENT KAGAME'S LEADERSHIP AND TRANSFORMATIVE ACHIEVEMENTS SET THE STAGE FOR 2024 ELECTIONS"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

Imyiteguro yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango RPF-INKOTANYI umaze ushinzwe irarimbanije muri Polonye.

Imyiteguro yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 35 umuryango RPF-INKOTANYI umaze ushinzwe irarimbanije muri Polonye.

January 10, 2023
Germany Wants to Send Illegal Migrants to Rwanda for Asylum

Germany Wants to Send Illegal Migrants to Rwanda for Asylum

September 22, 2024
Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

September 13, 2024

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.