ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Thursday, July 3, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

POLONYE: Kaminuza yateguye iserukiramuco ryiswe “Ubudasa”, Ballet Icyeza bamurika umuco gakondo w’Igihugu cyabo

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
August 6, 2024
0
1
VIEWS

Taliki 18 Gicurasi 2024, muri  kaminuza iherereye muri Żwirki i Wigury 61, 02-091 Warszawa, mu gihugu cya Polonye habereye umuhango aho abanyeshuri baturuka ku migabane itandukanye bamuritse imico gakondo ndetse n’ibikorerwa iwabo.
Mubamuritse harimo abanyeshuri baturuka mu Rwanda, Burundi, Taiwan, Pakistan, Ubuhinde, Ukraine, Iran, Syria, Korea, Lebanon, Palestine, Peru, Malaysia

Abanyeshuri baturuka mu Rwanda no mu Burundi nabo bihurije hamwe bamurika ibikorwa bitandukanye birimo; icyayi, imyambaro, ibikoresho yerekana ubugeni n’ubukorikori, byose bikorerwa mu Rwanda no mu Burundi.
Iwacu Times twaganiriye n’umwe muri aba banyeshuri atubwira ko impamvu bahisemo guhuriza hamwe Abarundi n’Abanyarwanda ari uko ibihugu byombi bituranye kandi umuco uburanga ukaba udatandukanye cyane ndetse ko n’indimi bakoresha zidatandukanye cyane.

Yagize ati: “twahisemo gushyira hamwe nk’abavandimwe kugirango tugaragaze umuco wacu hano muri Polonye ndetse tunerekane ko, nubwo tuba turi mu mahanga, umuco wacu tuwugendana.”
Nk’uko insanganyamatsiko yabivugaga, “Ubudasa”, hanabayeho no kwerekana imbyino gakondo z’ibihugu bitandukanye byari bihagarariwe n’abanyeshuri biga muri iyi Kaminuza.

Ballet Icyeza

BALLET ICYEZA, itsinda ry’abanyarwanda batuye muri Polonye babyina imbyino gakondo, ryasusurukije abari bitabiriye uyu muhango mu mbyino z’iwacu zibereye ijisho. Abari bitabiriye bagaragaje ko banyuzwe cyane n’imbyino gakondo nyarwanda.
Abanyeshuri baturuka mu bindi bihugu nabo bamuritse imico yabo ndetse n’imbyino gakondo zitandukanye.

Previous Post

Abanyarwanda baba mu mahanga boroherejwe uburyo bwo gutora

Next Post

Rwandan Embassy Highlights 30 Years of Progress Post-Genocide at 7th Congress of Polish Africanists in Krakow

Related Posts

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore
Ahabanza

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore

by Kagame FAHADI
March 11, 2025
Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”
Ahabanza

Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”

by Sebahire Sunday Sevelin
September 29, 2024
KWIBOHORA30: Abanyarwanda baba muri Mozambique bizihije umunsi wo Kwibohora, bashima ubutwari bw’Inkotanyi
Ahabanza

KWIBOHORA30: Abanyarwanda baba muri Mozambique bizihije umunsi wo Kwibohora, bashima ubutwari bw’Inkotanyi

by Kagame FAHADI
July 29, 2024
Ethiopia: Abanyarwanda bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 30
Ahabanza

Ethiopia: Abanyarwanda bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 30

by Kagame FAHADI
August 6, 2024
Perezida wa Romania yahaye Louise Mushikiwabo umudari
Ahabanza

Perezida wa Romania yahaye Louise Mushikiwabo umudari

by Kagame FAHADI
August 1, 2024
Next Post
Rwandan Embassy Highlights 30 Years of Progress Post-Genocide at 7th Congress of Polish Africanists in Krakow

Rwandan Embassy Highlights 30 Years of Progress Post-Genocide at 7th Congress of Polish Africanists in Krakow

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

DIASPORA: USA: Komite nshya ya USRCA iherutse gutorwa ifite migambi ki? Ikiganiro na Bwana Yehoyada Mbangukira wongeye gutorerwa kuyobora uyu muryango.

DIASPORA: USA: Komite nshya ya USRCA iherutse gutorwa ifite migambi ki? Ikiganiro na Bwana Yehoyada Mbangukira wongeye gutorerwa kuyobora uyu muryango.

November 7, 2023
Polonye: Umunsi w’intwari, “Umuntu iyo afite ikintu cy’agaciro ntabwo acyandarika aho abonye!”  H.E Prof. Amb. SHYAKA Anastase

Polonye: Umunsi w’intwari, “Umuntu iyo afite ikintu cy’agaciro ntabwo acyandarika aho abonye!”  H.E Prof. Amb. SHYAKA Anastase

February 5, 2023
Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yatangaje uko imyiteguro y’amatora ihagaze

Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yatangaje uko imyiteguro y’amatora ihagaze

August 1, 2024

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.