• Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
  • English
Iwacu Times Magazine
Alhamisi, Agosti 7, 2025
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
sw Kinyarwanda en English
Home ENG-S

POLONYE BATI “BUTINZE GUCYA EJO TUKAJYA GUSHORA IMARI MU RWANDA”

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
Febuari 17, 2023
in ENG-S
0
POLONYE BATI “BUTINZE GUCYA EJO TUKAJYA GUSHORA IMARI MU RWANDA”
0
SHARES
3
VIEWS

U Rwanda ni igihugu gito ariko cyiza , bityo bituma abantu benshi kw’isi, cyane cyane abashoramari baturutse mu bihugu bitandukanye bifuza gushora imari no kugirana umubano n’U Rwanda.

 Ntagihe kinini gishize U Rwanda rufunguye Ambassade yarwo mu gihugu cya Polonye ariko kugeza ubu, umubano w’ibihugu byombi ukaba umaze kugera ku rwego rushimishije. Ibi bikaba biri gutanga umusaruro ugaragara yaba mu burezi, ubuvuzi, ubucuruzi, ndetse tutibagiwe kandi na dipolomasi.

Taliki ya 16 Gashyantare ambasade y’U Rwanda muri Polonye yifatanyije nabayobozi ndetse nabashoramari bo muri polonye mumujyi wa Lublin muri gahunda y’ambassade yo gukangurira abantu amahirwe no kubashishikariza gushora imari mu Rwanda .Nyakubahwa ambasederi Prof SHYAKA Anastase yanagiranye ibiganiro numuyobozi wumujyi wa Lublin; Guverineri wungirije w’intara ndetse nubuyobozi bwa kamunuza yigisha ubuvuzi (Medical University of Lublin).

Aba bayobozi kandi bashimiye byimazeyo Ambasaderi prof SHYAKA Anastase ndetse n’abanyarwanda batuye mu gihugu cya Polonye.Iyi nama yuhuje abashoramari ndetse nabarwiyemeza Mirimo basaga 30 bava mubyiciro bitandukanye (Ikorana buhanga na inovasiyo,ubucuruzi,uburezi,ibikorwa remezo, ubuhinzi, sinema,Real estate , ubucukuzi bwamabuye ni bindi.

Yanditswe na Sunday Séverin

Chief Editor : Rebe Birere Immmacule

Previous Post

Polonye: Umunsi w’intwari, “Umuntu iyo afite ikintu cy’agaciro ntabwo acyandarika aho abonye!”  H.E Prof. Amb. SHYAKA Anastase

Next Post

Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Next Post
Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Toa Jibu Ghairi kujibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *

Browse by Category

  • Ahabanza
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • Umuco
  • Video
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.