ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Saturday, June 14, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

Rebe N. Immaculee by Rebe N. Immaculee
September 13, 2024
0
585
VIEWS

Jordan Mukubu, ni umuntu uzwiho ibikorwa byinshi byo guteza imbere imyidagaduro n’umuco mu Rwanda, ararwaye bikomeye kandi akeneye ubuvuzi bwihuse. Nk’uko byatangajwe na mushiki we Rose,yagize ati ” Jordan yatangiye kuremba mu Ukuboza 2021, aho yafashwe n’uburwayi butunguranye bakamujyana kwa muganga muri CHUK, aho yaje kujya muri koma.

Nyuma yo kugerageza kwitabwaho n’abaganga, byaje kugaragara ko afite amazi mu bihaha no mu birenge, kandi ko n’umutima we ufite ikibazo gikomeye. Nyuma y’ubu bushakashatsi bwimbitse, abaganga bemeje ko Jordan arwaye impyiko kandi ko akeneye gukoresha Dialysis zihoraho kugira ngo ubuzima bwe bukomeze. Abaganga baravuga ko igihe cyose yakomeza kudakora izi Dialysis, ubuzima bwe bwaba mu kaga kuko aramutse atavuwe vuba ashobora kubura ubuzima.

Uyu mugabo utagereranywa mu bikorwa bye byo guteza imbere Urubyiruko, cyane mu myidagaduro, ubu akeneye ubufasha bwacu. Jordan Mukubu yamenyekanye cyane kuva 2016, aho yari umunyamakuru kuri RBA, akaba yaranagize uruhare rukomeye mu gutegura ibirori bikomeye birimo Rwanda International Fashion World mu 2015, anaba Marketing Manager muri Itel Rwanda mu 2017. Yabaye kandi Sales Manager muri Star Times, ndetse yanayoboye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru w’abakobwa rizwi nka YOUVIA. Kuva akiri muzima kugeza ubwo yatangiye kurwara, yari CEO wa Mid Africa, ishyirahamwe ryateguraga Miss Africa.

Ibi byose byerekana uburyo Jordan Mukubu yitangiye igihugu cye n’umuco wacyo. Ubu rero ni cyo gihe ngo dusubize ibyiza yakoze, tumutere inkunga muri ibi bihe bikomeye. Akeneye ubuvuzi bw’impyiko byihuse, kandi birasaba ubushobozi bw’amafaranga menshi kugira ngo abashe gukoresha Dialysis ndetse no guhindurirwa impyiko.

Tanga Inkunga yawe n’mutima Utabara

Ubufasha bwanyu ni ingenzi cyane muri iki gihe. Inkunga yanyu yatangwa mu buryo bukurikira:

  • Konti ya Banki:
    Account Number: 212273066151060 (GT Bank – Rwanda)
    Izina rya Konti: Mangamake Joseph (mukuru wa Jordan)
  • MTN Mobile Money:
    +250788256418 (Mukubu Jordan)
    +250794246666 (Mangamake Joseph)

Tanga inkunga yawe uko ingana kose, kuko buri segonda ni ingenzi mu rugamba rw’ubuzima bwa Jordan Mukubu.

Dufatanye kumurengera no kumushyigikira kugira ngo azongere kuba intwari itanga umusanzu ukomeye mu iterambere ry’igihugu.
Hagize ukenera andi makuru yimbitse mwahamagara numero zavuzwe hejuru.

Previous Post

Miss Belgium 2024 Kenza Johanna Ameloot Brings Hope to Patients During Visit to Rwanda’s Eye Care Centre

Next Post

Jordan Mukubu Needs Urgent Help for Kidney Treatment – Let’s Save His Life

Related Posts

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore
Ahabanza

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore

by Kagame FAHADI
March 11, 2025
ENG-S

Rwandan Diaspora Embraces New Banking Opportunities with Equity Bank

by Rebe N. Immaculee
October 9, 2024
TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA: URUHARE RWA DIASPORA MU GUSHYIGIKIRA GAHUNDA YA NST2
Ahabanza

TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA: URUHARE RWA DIASPORA MU GUSHYIGIKIRA GAHUNDA YA NST2

by Rebe N. Immaculee
September 24, 2024
TWIBUKIRANYE BIMWE MU BIKORWA BYA DIASPORA NYARWANDA BITAZIBAGIRANA MU MITWE Y’ABANTU
Ahabanza

TWIBUKIRANYE BIMWE MU BIKORWA BYA DIASPORA NYARWANDA BITAZIBAGIRANA MU MITWE Y’ABANTU

by Rebe N. Immaculee
September 20, 2024
Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”
Ahabanza

Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”

by Rebe N. Immaculee
September 29, 2024
Next Post
Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

Jordan Mukubu Needs Urgent Help for Kidney Treatment – Let’s Save His Life

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

KUKI U RWANDA RUFATWA NKA SINGAPORE YO MURI AFURIKA?

KUKI U RWANDA RUFATWA NKA SINGAPORE YO MURI AFURIKA?

August 6, 2024
A Rwandan Diaspora Returns Home to Build a Legacy in Football and Community Development

A Rwandan Diaspora Returns Home to Build a Legacy in Football and Community Development

September 22, 2024
Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

Jordan Mukubu Akeneye Ubufasha Bwo Kwivuza Impyiko Byihuse – Turengere Ubuzima Bwe

September 13, 2024

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.