ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Saturday, June 14, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

Abayobozi b’Ambasade y’u Rwanda muri Amerika bagiranye ibiganiro n’igisirikare cya Leta ya Nebraska

Rebe N. Immaculee by Rebe N. Immaculee
August 6, 2024
0
5
VIEWS

Inkuru dukesha Ukweli Times aho yatangaje ko Ubuyobozi bwa Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bwagiranye ibiganiro n’itsinda ry’abasirikare bo muri Leta ya Nebraska (Nebraska National Guard), riyobowe na Major General Craig W Strong.
Ni ibiganiro byibanze ku kwagura imikoranire n’ubufatanye mu by’umutekano, bisanzweho ku mpande zombi.

U Rwanda na Nebraska basanzwe bafitanye ubufatanye mu bya gisirikare nk’ amasezerano yasinyiwe i Kigali ku wa 12 Ukuboza 2019 hagati y’Uwari umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura n’Umuyobozi w’Ingabo za Nebraska icyo gihe, Maj. Gen. Daryl L. Bohac.
Aho Impande zombi zemeranyijwe guhanahana  mu bijyanye no guhangana n’ibiza no kubikumira, gushyira ingufu mu bijyanye n’ubufatanye mu kubungabunga amahoro n’ibindi.

Mu bikorwa bya gisirikare u Rwanda na Leta ya Nebraska bagiranye amasezerano y’ubufatanye n’igisirikare cya Leta ya Nebraska imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kizwi nka Nebraska National Guard, agamije gufatanya mu bijyanye no kubungabunga amahoro ku isi, guhangana n’ibiza n’ibindi.

Nebraska ni imwe muri Leta 50 zigize Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ifite kilometero kare zirenga ibihumbi 200. Mu 2018 iyi Leta yari ituwe n’abaturage miliyoni 1.9.
Gen Kazura yavuze ko uru ari urugendo rwatangiye mu 2010, mu 2019 impande zombi zikaba ari bwo zirushyize mu bikorwa.

Previous Post

Rwandans living in Poland Excited for 2024 Presidential Elections

Next Post

UMUHANZI KIVUMBI KING AGIYE KONGERA GUTARAMIRA ABANYARWANDA BATUYE MURI POLONYE

Related Posts

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore
Ahabanza

Suède: Ibihugu 11 byifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abagore b’Abanyarwanda kwizihiza Umunsi w’Umugore

by Kagame FAHADI
March 11, 2025
TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA: URUHARE RWA DIASPORA MU GUSHYIGIKIRA GAHUNDA YA NST2
Ahabanza

TWUBAKE U RWANDA TWIFUZA: URUHARE RWA DIASPORA MU GUSHYIGIKIRA GAHUNDA YA NST2

by Rebe N. Immaculee
September 24, 2024
TWIBUKIRANYE BIMWE MU BIKORWA BYA DIASPORA NYARWANDA BITAZIBAGIRANA MU MITWE Y’ABANTU
Ahabanza

TWIBUKIRANYE BIMWE MU BIKORWA BYA DIASPORA NYARWANDA BITAZIBAGIRANA MU MITWE Y’ABANTU

by Rebe N. Immaculee
September 20, 2024
Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”
Ahabanza

Serugo Jacques na Gentil Misigaro mu ndirimbo yuzuye ubuhanga yitwa “ NTARUBANZA”

by Rebe N. Immaculee
September 29, 2024
Ubudage bwatangiye gushyira mu bikorwa igenzura ku mipaka yose y’ubutaka
Ahabanza

Ubudage bwatangiye gushyira mu bikorwa igenzura ku mipaka yose y’ubutaka

by Rebe N. Immaculee
September 17, 2024
Next Post
UMUHANZI KIVUMBI KING AGIYE KONGERA GUTARAMIRA ABANYARWANDA BATUYE MURI POLONYE

UMUHANZI KIVUMBI KING AGIYE KONGERA GUTARAMIRA ABANYARWANDA BATUYE MURI POLONYE

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

U RWANDA NA POLONYE UMUBANO W’IBIHUGU BYOMBI UKOMEJE KUBA INTASHYIKIRWA

U RWANDA NA POLONYE UMUBANO W’IBIHUGU BYOMBI UKOMEJE KUBA INTASHYIKIRWA

May 29, 2023
“NUBWO DUTUYE MUMAHANGA , U RWANDA TWARARUZANYE” : IKIGANIRO NA BENITHA MUMPOREZE, UMWE MU RUBYIRUKO RW’U RWANDA RUTUYE MURI POLONYE

“NUBWO DUTUYE MUMAHANGA , U RWANDA TWARARUZANYE” : IKIGANIRO NA BENITHA MUMPOREZE, UMWE MU RUBYIRUKO RW’U RWANDA RUTUYE MURI POLONYE

August 1, 2024
Urubyiruko rw’abanyarwanda rusaga 2000 rutuye muri Canada na Amerika rugiye guhurira mu biganiro byibanda ku ruhare rwabo mu iterambere ry’ibihugu batuyemo ndetse n’U Rwanda.

Urubyiruko rw’abanyarwanda rusaga 2000 rutuye muri Canada na Amerika rugiye guhurira mu biganiro byibanda ku ruhare rwabo mu iterambere ry’ibihugu batuyemo ndetse n’U Rwanda.

November 2, 2023

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.