• Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
  • English
Iwacu Times Magazine
Jumatano, Agosti 6, 2025
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
sw Kinyarwanda en English
Home ENG-S

Abatuye Poland no kumugabane w’Uburayi bungutse umuramyi w’umuhanga Boris MUGABO NSANZABANDI – Mfite ubuhamya kandi burebure bwatumye niyemeza kuririmbira Imana

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
Aprili 2, 2023
in ENG-S
1
0
SHARES
4
VIEWS

Twaganiriye n’umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana Boris Mugabo atubwira uko afatanya izindi nshingano ndetse no kuririmba
Yagite ati” Umva nkigera hano iburayi nahuye na experience ntigeze mpura nayo nkiri mu Rwanda” urabona iwacu ntago haba winter kuburyo aribyo byabanje kungora cyane kuburyo ubukonje bwaha ntarimbumenyereye .

Rero nahise ntangira akazi kuburyo nabyo byabanje kungora kubera ko rimwe narimwe bisaba amasaha yakare cyane , ibi rero byabanje kuntera ubwoba ko ntazabasha kubona umwanya wo kuzakomeza kuririmba nkuko nabikoraga ndi mu Rwanda. natangiye kuririmba nkiri muto.

nakunze kuba mu makorali nkiri, Aho nagiye Nsengera hose nabaga muri Chorale cg worship team, ndabizamukana nkomeza kuyabamo no mubigo byamashuri nagiye nshamo, nibwo naje kuza ino kubw’ impAmvu zishuri muri 2020 iri kurangira, ntekereza ku Murimo, ntangira gukora Career Solo, kuko nari maze kubona ntagifite za worship team, kd ntari bureke ngo impano izime, ntangira umuziki gutyo indirimbo yambere nayisohoye 2021 yitwa Yesu ni Umugabo, ubu indi ikurikiye ni Umpe imbaraga.

Icyo duteganyiriza abakunzi b’ umuziki ni ukubaha indirimbo nziza, zuje ubutubwa zibafasha gusenga Kandi zikanabakomeza muri ubu buzima,tukazasoza urugamba neza, ikindi ni ukubaha na album, ndetse nibitaramo byinshi tugakomeza gutaramira Imana.

intego nyamukuru y’ umuziki wanjye ni Isengesho, Kuzana benshi kuri Kristo, no kwigisha Bibiliya, gufasha abayisoma cg abatayisoma gufata amagambo yayo mu mutwe, ariko binyuze mu ndirimbo, nibanda ku byanditswe cyane iyo ndi kwandika, ibi impAmvu mbikora gutya ni ukugirango na wawundi udakunda gusoma Bibiliya, ariko akunda umuziki azabyumve mu ndirimbo noneho atware iryo jambo, nubwo atahita amenya Aho ryanditse muri Bibiliya ariko azaba arizi Kandi nicyo gikuru, nagirirwa ubuntu rero bwo kujya Aho bigisha ijambo ry’ Imana akaryumva azahita arushaho kurifata anarigenderemo kuko azaba asanzwe aryumva muri ya ndirimbo!

Inkuru yanditswe na : Songa Serge

Previous Post

Umutegarugori nawe ati”Ikoranabuhanga no guhanga udushya ku isonga :Umunsi w’umugore muri Sweden habereyemo udushya.

Next Post

Sweden umuhango wo Kwibuka ku inshuro ya 29 jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 : Never Again tuyikure mumagambo tuyishyire no mubikorwa

Next Post
Sweden umuhango wo Kwibuka ku inshuro ya 29 jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 : Never Again tuyikure mumagambo tuyishyire no mubikorwa

Sweden umuhango wo Kwibuka ku inshuro ya 29 jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 : Never Again tuyikure mumagambo tuyishyire no mubikorwa

Comments 1

  1. Boris Mugabo says:
    2 miaka ago

    Be Blessed🙏🥰🥰🥰🥰

    Jibu

Toa Jibu Ghairi kujibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *

Browse by Category

  • Ahabanza
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • Umuco
  • Video
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.