ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
  • Home
Sunday, June 15, 2025
  • Login
Iwacu Times Magazine
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
  • Home
  • News
  • About Religion
  • Entertainment & Culture
  • Innovation
  • Country News
  • Video
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
No Result
View All Result

POLONYE BATI “BUTINZE GUCYA EJO TUKAJYA GUSHORA IMARI MU RWANDA”

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
February 17, 2023
0
3
VIEWS

U Rwanda ni igihugu gito ariko cyiza , bityo bituma abantu benshi kw’isi, cyane cyane abashoramari baturutse mu bihugu bitandukanye bifuza gushora imari no kugirana umubano n’U Rwanda.

 Ntagihe kinini gishize U Rwanda rufunguye Ambassade yarwo mu gihugu cya Polonye ariko kugeza ubu, umubano w’ibihugu byombi ukaba umaze kugera ku rwego rushimishije. Ibi bikaba biri gutanga umusaruro ugaragara yaba mu burezi, ubuvuzi, ubucuruzi, ndetse tutibagiwe kandi na dipolomasi.

Taliki ya 16 Gashyantare ambasade y’U Rwanda muri Polonye yifatanyije nabayobozi ndetse nabashoramari bo muri polonye mumujyi wa Lublin muri gahunda y’ambassade yo gukangurira abantu amahirwe no kubashishikariza gushora imari mu Rwanda .Nyakubahwa ambasederi Prof SHYAKA Anastase yanagiranye ibiganiro numuyobozi wumujyi wa Lublin; Guverineri wungirije w’intara ndetse nubuyobozi bwa kamunuza yigisha ubuvuzi (Medical University of Lublin).

Aba bayobozi kandi bashimiye byimazeyo Ambasaderi prof SHYAKA Anastase ndetse n’abanyarwanda batuye mu gihugu cya Polonye.Iyi nama yuhuje abashoramari ndetse nabarwiyemeza Mirimo basaga 30 bava mubyiciro bitandukanye (Ikorana buhanga na inovasiyo,ubucuruzi,uburezi,ibikorwa remezo, ubuhinzi, sinema,Real estate , ubucukuzi bwamabuye ni bindi.

Yanditswe na Sunday Séverin

Chief Editor : Rebe Birere Immmacule

Previous Post

Polonye: Umunsi w’intwari, “Umuntu iyo afite ikintu cy’agaciro ntabwo acyandarika aho abonye!”  H.E Prof. Amb. SHYAKA Anastase

Next Post

Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Related Posts

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw
Culture

Umugoroba wo Kwibuka “Night Vigil” Held in Warsaw

by Rebe N. Immaculee
May 15, 2025
Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK
ENG-S

Two Rwandans Graduate from Royal Military Academy Sandhurst in the UK

by Rebe N. Immaculee
April 18, 2025
Country News

Ambassador Shyaka at Kwibuka31: Honoring the Past, Defending Rwanda’s Right to Shape Its Future

by KURAMA Pius
April 9, 2025
Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm
Culture

Rwanda Community in Sweden to Celebrate International Women’s Day in Stockholm

by Rebe N. Immaculee
March 7, 2025
Heartbreak and Unity: Rwandan Diaspora Unites to Seek Justice After the Tragic Deaths of Nicole and Erixon
ENG-S

Heartbreak and Unity: Rwandan Diaspora Unites to Seek Justice After the Tragic Deaths of Nicole and Erixon

by Rebe N. Immaculee
November 15, 2024
Next Post
Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Polonye: Dore iturufu nkoresha mu kumenyekanisha igihugu cyanjye mu mahanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Posts

“NUBWO DUTUYE MUMAHANGA , U RWANDA TWARARUZANYE” : IKIGANIRO NA BENITHA MUMPOREZE, UMWE MU RUBYIRUKO RW’U RWANDA RUTUYE MURI POLONYE

“NUBWO DUTUYE MUMAHANGA , U RWANDA TWARARUZANYE” : IKIGANIRO NA BENITHA MUMPOREZE, UMWE MU RUBYIRUKO RW’U RWANDA RUTUYE MURI POLONYE

August 1, 2024
Rwanda in Warsaw took part in a major annual event organized by SHOM International Charity Bazaar 2022

POLONYE:  Abagore ba ba Ambasaderi bahagarariye ibihugu byabo muri Polonye ku nshuro ya 16 mu gikorwa ngarukamwaka cyitwa International Charity Bazaar. Ibyo wamenya kuri  iki gikorwa.

December 2, 2023
Urubyiruko rw’abanyarwanda rusaga 2000 rutuye muri Canada na Amerika rugiye guhurira mu biganiro byibanda ku ruhare rwabo mu iterambere ry’ibihugu batuyemo ndetse n’U Rwanda.

Urubyiruko rw’abanyarwanda rusaga 2000 rutuye muri Canada na Amerika rugiye guhurira mu biganiro byibanda ku ruhare rwabo mu iterambere ry’ibihugu batuyemo ndetse n’U Rwanda.

November 2, 2023

Browse by Category

  • About Religion
  • Ahabanza
  • Country News
  • Culture
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Innovation
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • News
  • Umuco
  • Video

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2024 IWACU TIMES - Developed by Elite Devs.