• Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
  • English
Iwacu Times Magazine
Alhamisi, Agosti 7, 2025
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu
No Result
View All Result
Iwacu Times Magazine
sw Kinyarwanda en English
Home ENG-S

Abanyarwanda batuye Lublin ni isomo kuri twese: Polonye abanyarwanda batuye mumujyi wa Lublin bafite umwihariko.

Kagame FAHADI by Kagame FAHADI
Novemba 26, 2022
in ENG-S
0
Abanyarwanda batuye Lublin ni isomo kuri twese: Polonye abanyarwanda batuye mumujyi wa Lublin bafite umwihariko.
0
SHARES
9
VIEWS

Polonye ni igihugu kimaze guturwamo n’abanyarwanda benshi,cyane cyane abanyeshuri. Ni igihugu gikomeye kandi giteye imbere.

Abanayarwanda batuye mu mujyi wa Lublin baganiriye na Iwacu Times batubwira bimwe mubikorwa bakora harimo no kwitabira gahunda z’igihugu cyacu ariko byumwihariko uburyo ubwabo bwite basabana, bagafashanya ndetse bakanaganira kucyo bakora ngo bakomeze guteza imbere igihugu bakomokamo .

Mbanzarugamba Daniel uhagarariye abanyarwanda batuye Lublin

Mbanzarugamba Daniel uhagarariye abanyarwanda batuye Lublin yagize ati ‘’ Mbere na mbere turashimira Perezida wacu waduhaye Ambasade ndetse ubu nta kibazo tukigira cyo kubona ibyangombwa nkenerwa’’

Yakomeje agira ati ‘’Dufite comite nziza kandi ishyize hamwe bityo bigatuma tumenya aho buri munyarwnda atuye kuburyo bitworohera kumenyana ndetse no gufashanya muburyo bumwe cyangwa ubundi’’

Abatuye Lublin kandi ikibaranga kurusha ibindi nuko iyo hari umunyarwanda uje kuhatura cyangwa kuhiga , bamufasha kumuha amakuru amufasha kumenyera vuba (Integration Strategy ) ikindi nuko bamwakira muri sosiyete bagasangira .ikindi gikomeye ni uburyo bakiriye ndetse bakanafasha abanyeshuri bari batuye muri Ukraine ubwo bari bahunze intambara, ati” Dufatanyije nabandi ndetse n’ambasade yacu twakoze ibishoboka byose kugirango bagenzi bacu batagira ikibazo bahura nacyo. twabahaye ibyingenzi bakeneye kugeza ubwo bageze kumiryango yabo.

Usanase Gisèle umwe mubahagarariye abanyeshiri biga muri kaminuza ya WSPA

Usanase Gisèle umwe mubahagarariye abanyeshiri biga muri kaminuza ya WSPA yagize ati’’dufite uburyo twashyiriweho bwo gukora Umudugudu aho dutuye kugirango tubashe kwegerana no kumenyana muburyo bwihuse’’

Abatuye Lublin muri iki cyumweru bakiriye Ambasaderi n’abayobozi ba Ambasade baraganira ndetse baranasabana. Ni igikorwa bishimira kuba abayobozi bamanuka bakaza kubareba bakamenya uko babayeho , haba hari ibibazo, bakabafasha kubikemura .

Ineza Alain uhagarariye abanyeshuri biga WSEI
Cyubahiro Prince uhagarariye abanyeshuri biga UMCs
Ifoto y’urwibutso hamwe nabayobozi ba ambasade

Inkuru yanditswe na S Sunday Séverin

Chief Editor: Rebe Birere Immmaculee

Previous Post

Akanyamuneza ni kose muri Poznań:Muri Polonye abanyarwanda bahatuye barivuga imyato ” Ubuyobozi bwegerejwe abaturage”

Next Post

Inkuru nziza ku banyarwanda byagoraga kujya mu gihugu cya Polonye

Next Post
Inkuru nziza ku banyarwanda byagoraga kujya mu gihugu cya Polonye

Inkuru nziza ku banyarwanda byagoraga kujya mu gihugu cya Polonye

Toa Jibu Ghairi kujibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *

Browse by Category

  • Ahabanza
  • ENG-S
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Iyobokamana
  • KIN-S
  • Mu gihugu
  • Umuco
  • Video
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Iyobokamana
  • Umuco
  • Imyidagaduro
  • Inovasiyo
  • Mu gihugu

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.